Biryogo: Umuhanda wakumiriwemo ibinyabiziga wegurirwa abana
Amakuru

Biryogo: Umuhanda wakumiriwemo ibinyabiziga wegurirwa abana

Imvaho Nshya

May 30, 2022

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje agace k’umuhanda KN 113 ST mu Biryogo, kagenewe abana bityo ibinyabiziga bikaba bibujijwe kuhanyura. Abana bagize uruhare mu gutanga ibitekerezo ndetse ubu barishimye kuko barimo kubona inzozi zabo zihinduka impamo.

Bivugwa ko abana bagize uruhare mu gutanga ibitekerezo by’uburyo aho bagenewe hategurwa ku buryo bubabereye, ndetse ubu barishimye kuko barimo kubona inzozi zabo zihinduka impamo.

Imwe mu mpamvu yo kuvugurura imiturire mu duce tw’akajagari, harimo no gushyiraho ahantu hatekanye kandi habereye abana mu gukina, gushushanya no gusabana n’abandi.

TANGA IGITECYEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

IZINDI NKURU WASOMA