Umwe mu banyamahirwe ba ForteBet batangiye icyumweru bafite ibibazo bikeya bijyanye n’amafaranga nyuma yo gutsindira 4,874,958 Frw.
Igitangaje muri byose, ni uko uyu munyamahirwe yari yizeye intsinzi, aho yategesheje amafaranga y’u Rwanda 16.460 ubundi ategereza amasaha makeya.
Ikipe imwe yategeye kwinjiza nibura igitego mbere, over za 1,5, hamwe n’ikipe ya Manchester City yategeye gutsinda, ni byo yari akeneye ku itike ye kugira ngo atsindire aya mafaranga.
Itike ye yari igizwe n’imikino myinshi ifite ibikubo bitoya, aho umukino wa Manchester City gutsinda Brentford ari wo wari ufite igikubo kinini cya 1.64.
Iyi ntsinzi yari ku itike ifite nomero 3526600122889999.
Nk’ibisanzwe, amafaranga ye yose yarayahawe itike ye ikimara gutsinda.
Ubuyobozi bwa FORTEBET bwagize buti: “ Turakwishimiye!”