Kwibuka30: Perezida Museveni yohereje uzamuhagararira
Amakuru

Kwibuka30: Perezida Museveni yohereje uzamuhagararira

NYIRANEZA JUDITH

April 6, 2024

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yohereje Visi Perezida, Jessica Alupo, kumuhagararira mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ambasade ya Uganda mu Rwanda yatangaje ko Visi Perezida Jessica Alupo yamaze kugera i Kigali yakirwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibidukikije, Dr. Claudine Uwera na Ambasaderi wa Uganda mu Rwanda, Maj. Gen. Robert Rusoke.

TANGA IGITECYEREZO

  • VIDEO
    April 7, 2024 at 2:08 pm Musubize

    Andika Igitekerezo hanoVideo

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

IZINDI NKURU WASOMA