Marburg: Umuntu 1 gusa ni we urimo kwitabwaho n’abaganga
Amakuru

Marburg: Umuntu 1 gusa ni we urimo kwitabwaho n’abaganga

NYIRANEZA JUDITH

October 21, 2024

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umuntu 1 gusa ari we usigaye urimo kwitabwaho n’abaganga, undi umwe akaba yakize.

Kuva icyorezo cya Marburg cyagaragara mu Rwanda ku ya 27 Nzeri 2024, kugeza ubu, abanduye ni 62, abarimo kuvurwa ni 1 hamaze gupfa 15.

Uyu munsi hakize 1 bose hamwe baba 46 ibipimo bimaze gufatwa byose hamwe ni 4839, inkingo zimaze gutangwa ni 1149.

TANGA IGITECYEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

IZINDI NKURU WASOMA