Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa mu gihe cyo gusubira mu rugo (Igihembwe cya 1 umwaka w’amashuri wa 2024-2025)
Abanyeshuri bazataha hagati y ’itariki ya 19- 22 Ukuboza 2024.
Ingendo zizakorwa hakurikijwe Uturere ibigo by’amashuri biherereyemo.
Arxten Nshuti
December 14, 2024 at 9:23 pmIbi bintu birabagamye ijana ku ijana Peh! Kuko abanyeshuri batashye mu minsi mikuru kandi baratangiye amashuri kare bityo rero bishobotse mwahindura mwaba Mukoze!
Tumushime egide
December 16, 2024 at 7:50 pmHari ibigo bya private byongera amafaranga kurwego rwo hejuru Kandi umunyeshuri yaragiyeyo yoherejwe nareta nukudufasha kuko amafaranga batewaka nimenshi cyane
Claude
December 19, 2024 at 11:07 amKuraje
Jean de dieu
December 19, 2024 at 6:42 pmMwiriwe neza ikibazo narimfite uramutse utsinze ntubone ubushobozi bwoguhita ujyayo hagashira imyaka ibiri(2) akaba aribwo abona ubushobozi mwamufasha kubona ikigo cyareta akiga abayo? Murakoze.
Jean de dieu
December 19, 2024 at 6:42 pmMwiriwe neza ikibazo narimfite uramutse utsinze ntubone ubushobozi bwoguhita ujyayo hagashira imyaka ibiri(2) akaba aribwo abona ubushobozi mwamufasha kubona ikigo cyareta akiga abayo? Murakoze.