Nigeria: Abantu 10 bishwe n’abitwaje intwaro
Mu Mahanga

Nigeria: Abantu 10 bishwe n’abitwaje intwaro

KAMALIZA AGNES

August 23, 2024

Agatsiko k’amabandi yitwaje intwaro kahitanye abantu 10 mu gitero kabagabyeho mu Majyaruguru ya Nigeria.

Utu dutsiko twitwaje imbunda dukunze kugaba ibitero mu baturage bo mu  Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu aho bashimuta abahinzi, abanyeshuri ndetse n’abamotari kugira ngo babone uko basaba indishyi ngo babarekure.

Ku wa 22 Kanama 2024 abaturage babwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) ko abantu bitwaje imbunda bagabye igitero ku bahinzi bamwe bo mu gace ka Allawa nubwo inzego za Leta ntacyo ziratangaza kuri ubu bwicanyi.

TANGA IGITECYEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

IZINDI NKURU WASOMA