Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma
Amakuru

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma

Imvaho Nshya

August 22, 2023

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma aho Dr Uwamariya Valentine wari Minisitiri w’Uburezi yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, na ho Gaspard Twagirayezu agirwa Minisitiri w’Uburezi.

Maj Gen Albert Murasira yagizwe Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, mu gihe Kayisire Marie Solange asimbuye yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu.

TANGA IGITECYEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

IZINDI NKURU WASOMA