Perezida Kagame yaganiriye n’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Amerika

Warning: Undefined array key 1 in /home/imvahonshyaco/public_html/m/wp-content/themes/imvaho/single.php on line 23

Warning: Attempt to read property "cat_name" on null in /home/imvahonshyaco/public_html/m/wp-content/themes/imvaho/single.php on line 23

Perezida Kagame yaganiriye n’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Amerika

NYIRANEZA JUDITH

May 28, 2024

Perezida Paul Kagame yakiriye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bayobowe na Bruce Westerman, akaba anayobora Komisiyo y’Umutungo Kamere muri USA.

Nk’uko byatangajwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Gicurasi 2024, Perezida Kagame ni bwo yakiriye intumwa z’Inteko Ishinga Amategeko y’Amerika. 

Ibiganiro byibanze ku mpinduka zigaragara mu iterambere ry’u Rwanda mu myaka 30 ishize, amahirwe mu nzego ibihugu byombi bifatanyamo kimwe n’ibibazo by’Umugabane n’Isi yose.

Ba uwa mbere mu kumenya amakuru agezweho!!!

TANGA IGITECYEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

IZINDI NKURU WASOMA